Arteta nta ekipe dutinya Kandi twiteguye guhangana nuwo Ariwe wese
Nyuma yo kwitara neza umutozo wa Arsenal yagiranye ikiganiro nitangazamakuru, bamubaza Ibibazo bitandukanye harimo nikibazo cya Liverpool ubu barikwirukankana, banamuba ibyuko akina akanatsinda ariko bagera mugihe cyo gutwara igikombe agasa nkaho ananiwe abasubiza mugambo make agira Ati:
"Dufite ubushobozi bwo gutsinda gutsinda Kandi tugahizaho, dufite ubushobozi bwo gutsinda no guhangana nama ekipe duhanganiye igikombe" yabivuze nyuma yo gutsinda Chelsea igitego 1-0.
Comments
Post a Comment