Nyuma yo gutsindwa 2-1 umutoza wa Liverpool yagize icyo avuga kukibazo umunyakuru yaramubajije cyuko abakinnyi be bananiwe Ariyo mpamvu batakaje umukino wa Newcastle azubiza muri aya magambo
Yagize Ati" ibyo kuvugako Ari umunaniro abakinnyi bafite sibyo rwose, ahubwo ni Newcastle yariri kurwego rwohejuru yaturishije bigaragara ariko mwibukeko Kandi ikindi umukino wagenda gake muburyo abakinnyi batakoresheje imbagaraga nyinshi" ARNE SLOT, ese bafana ba Liverpool ekipe yanyu iritwara premier nyuma yo kuva muri conference itsinzwe na Newcastle ? Andika hasi muri comment uko ubibona
Comments
Post a Comment